Umutwe wa M23 urwana n'ingabo za leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu burasirazuba bw'icyo gihugu, urahakana ibivugwa n'icyegeranyo gishya cy'umuryango mpuzamahanga urengera uburenganzira ...
Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 uherutse kuzamurwa n’umukuru w’uyu mutwe ku ipeti rya Lieutenant Colonel, yatangaje mu gitondo cyo kuwa gatatu ko ingabo za leta “zitigeze zisubiza habe na 1cm ...